Dushimiye Igihozo Gift Diane w’imyaka 11 utuye mu Ruhango niwe wabaye uwa mbere atoranyijwe n’akanama nkemurampaka, yagize amajwi 72/100. Nanone dushimiye IRAKOZE Johnson w’imyaka 11 utuye muri Nyarugenge niwe wabaye uwa mbere atoranyijwe ku rubuga, yagize amajwi 47/100. Dushimiye abana bose 13 bitabiriye amarushanwa, tukaba twizera ko muzagaruka guhatana mu yandi marushanwa akurikira muri Gicurasi 2021 ndetse tuzishizimira kubona abana…